UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Ruhango: Hasojwe imurikabikorwa ry’abafatanayabikorwa

Kuwa 14 Kamena 2024 hasojwe  igikorwa cya "JADF Open Day" cyari kimaze iminsi 3 aho cyatangiye kuwa 12-14/06/2024, iki gikorwa cyaberaga muri Gare…

Read more →

Ruhango: Barasabwa gutahiriza umugozi umwe bagamije guteza imbere umuturage 

Umuyobozi w'Akarere wungirije ushinzwe Iterambere ry'Ubukungu, Rusiribana Jean Marie Vianney arasaba  Abafatanyabikorwa mu iterambere ry'Akarere (DJAF…

Read more →

Ruhango:Hatanzwe umukoro wo gushaka amazina y'abari abakozi bishwe muri Jenoside ndetse n'abari abakozi babaye abarinzi b'Igihango 

Ubwo hibukwaga abari abakozi b'Amakomini ya Tambwe, Ntongwe, Masango, Murama, Mukingi, Mushubati na Kigoma yahujwe akavamo Akarere ka Ruhango  bishwe…

Read more →

Ruhango:Guverineri Kayitesi yasabye ko imihigo itararangira yakwihutishwa hagamijwe ugushaka k'Umuturage

Guverineri w'Intara y'Amajyepfo ,Kayitesi Alice yasabye abafite imihigo mu nshingano zabo n'ibice ibarirwamo gukomeza gufasha abaturage kuyimenya…

Read more →

Ruhango-Bweramana:Meya Habarurema yijeje ubufatanye mu kubungabunga inzibutso z'amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuyobozi w'Akarere ka Ruhanga,Habarurema Valens yijeje abafite ababo barimo abapasiteri 81 n'imiryango yabo biciwe I Gitovu ho mu karere ka Nyanza…

Read more →

Ruhango-Mbuye : Hashyinguwe imibiri 4032,Minisitiri Dr Bizimana asaba abato kwirinda ababigisha amacakubiri

Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene yasabye abakiri bato kwirinda abantu bose bagoreka amateka…

Read more →

MU MIDUGUDU YOSE IGIZE AKARERE HATANGIJWE ICYUMWERU CY'ICYUNAMO KWIBUKA 30

Mu Midugudu yose igize Akarere ka Ruhango kimwe no mu gihugu hose hatangijwe icyumweru cy'icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe…

Read more →

RUHANGO: BARASABWA KWIRINDA IBYATUMA UBUMWE N'UBUDAHERANWA BITAGERWAHO:

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buributsa abaturage n’abayobozi kwirinda ibyatuma ubumwe n’ubudaheranwa butagerwaho bikaba byatuma Abanyarwanda…

Read more →

MWENDO: BARISHIMIRA KO BUBAKIWE ISOKO RYA KAMUJISHO

Bamwe mu batuye mu Murenge wa Mwendo barishimira ko begerejwe isoko ryo gucururizamo umusaruro ukomoka ku buhinzi bakemeza ko bagorwaga n’urugendo…

Read more →