UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Byimana: BAKIRIYE UMUVUNYI MUKURU WUNGIRIJE

Umuvunyi wungirije ushinzwe kuwanya ruswa, Dr Abbas Mukama  yifatanije n’Ubuyobozi bw'Akarere n'inzego zitandukanye  ndetse n’abaturage mu Nteko. Iki…

Read more →

Ruhango: bishimira umuyoboro w'amazi wuzuye uzahaza abarenga ibihumbi 10000

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwubatse umuyoboro ugamije guha amazi abarenga ibihumbi 10.

Uyu muyoboro w’amazi mushya wuzuye wubatswe…

Read more →

Ruhango: nyuma y'imyaka 31, abaturage bakomeje kwishimira ibikorwaremezo begerejwe

Mu gihe u Rwanda ruri mu birori by’isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 31, abatuye mu Karere ka Ruhango bishimira ko bibohoye ndetse begerejwe amazi…

Read more →

Abafatanyabikorwa biteguye kuziba icyuho cy’inkunga yahagaritswe

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Ruhango JADF, baratangaza ko biteguye kugira uruhare mu kuziba icyuho cy’inkunga z’amahanga…

Read more →

MENYA IMISHINGA IZAFASHA ABATURAGE KUBONA AMAZI KU GIPIMO CYO HEJURU MU KARERE HOSE

Mu Karere hari kubakwa imiyoboro y’amazi itandukanye izafasha abaturage bataragerwaho n’amazi gusezerera urugendo rurenze metero 500 bajya kuvoma. 

I…

Read more →

ABAFATANYABIKORWA B'AKARERE BARASABWA gutanga Serivisi ishingiye ku ikoranabuhanga

buyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere(JADF) guha serivisi nziza ababagana ishingiye ku…

Read more →

BYIMANA : BIYEMEJE KO NTAWUZABAHIGA MU BIPIMO BITEZA IMBERE IMIBEREHO MYIZA

Abatuye Umurenge wa Byimana bakomeje gukora ibikorwa bitandukanye bifasha abaturage kuzamura imibereho myiza no kwiteza imbere binyuze mu marushanwa…

Read more →

abahinzi barasabwa kutotsa imyaka bejeje yose

kuwa 29 Gicurasi 2025 Abaturage b'Umurenge wa Ruhango/Akagri ka Munini ubwo basurwaga n'Abadepite muri gahunda yo kureba uko bahabwa serivisi n'uko…

Read more →

INTUMWA ZA RUBANDA ZIKOMEJE GUSURA IMIRENGE ITANDUKANYE MU KARERE ZIGAKORANA INTEKO N'ABATURAGE

Abadepite Hon. NIYONGANA Gallican (TL), GIHANA Donatha na Hon. ICYIZANYE Masozera bakomeje uruzinduko rw'akazi aho basuye Umurenge wa Ruhango bakorana…

Read more →