UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Kinihira-Mwendo: Gutinya kwambuka Kiryango uva cyangwa ujya i Muyunzwe no mu Gasyogogo byabonewe umuti

Abaturage b’Imirenge ya Kinihira na Mwendo, cyane cyane ab’Utugali twa Muyunzwe ya Kinihira na Kubutare ya Mwendo, bari mu byishimo bikomeye batewe…
Read more →

2019-2020: Akarere kazakoresha ingengo y’imari isaga miriyari 16

Inama Njyanama y’Akarere yateranye ku wa gatatu tariki ya 27 Kamena 2019, mu cyemezo No 283 cyo ku wa 27 Kamena 2019 yemeje ingengo y’imari Akarere…
Read more →

Hatangijwe ubukangurambaga "Baho neza" bugamije imibereho myiza y'umuryango

Gutangiza ubu bukangurambaga ku rwego rw'Akarere byabaye ku wa gatatu tariki ya 26 Kamena 2019, bibera mu Mudugudu wa Nyakarekare, Akagali ka…
Read more →

Abahinzi b’indashyikirwa mu gukorera kawa barashima ko Igihugu giha agaciro ibyo bakora

Abahinzi ba kawa bakanguriwe guharanira kuba indashyikirwa mu gukorera kawa kugira ngo iki gihingwa kirusheho gutanga umusaruro mwiza kandi mwinshi.…
Read more →

Abunzi bahuguwe ku makimbirane n’uburyo bwo kuyakemura

Kuri uyu wa gatatu tariki 26 Kamena 2019 hashojwe amahugurwa y’iminsi ibiri y’Abagize Inteko z’Abunzi mu Tugali n’Imirenge bigize Akarere. Abahuguwe…
Read more →

Abasore n’inkumi bashoje urugerero ruciye ingando basabwe kuba “urumuri” aho bagiye

Abasore n’inkumi bashoje urugerero ruciye ingando mu cyanya cy’Urugerero cya ETM (Ecole Technique Mukingi) mu Murenge wa Byimana barahamagarirwa kuba…
Read more →

Urubyiruko 50 rurahugurwa ku buryo buhendutse bwo gukora imihanda irambye

Abasore n’inkumi bagera kuri 50 bo mu Mirenge ya Bweramana na Mwendo bari mu mahugurwa y’iminsi 12 yo gukora imihanda idahenze kandi iramba…
Read more →

Kinihira: Habaye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi bishwe bajugunywa muri Nyabarongo n’indi migezi

Kwibuka byihariye ku nshuro ya 25 Abatutsi bazize Jenoside bari batuye mu yahoze ari Komini Masango, ubu hakaba ari mu Mirenge ya Kabagali na…
Read more →

Imihanda ibiri kuri irindwi iteganyijwe kubakwa mu mujyi wa Ruhango yatashywe ku mugaragaro

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Kamena 2019 Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwatangiye igikorwa cyo gutaha ku mugaragaro ibikorwa biri mu mihigo y’uyu…
Read more →