UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

RUHANGO: URUBYIRUKO RWAHANZE IMBABURA ZIGEZWEHO ZITANGIZA IBIDUKIKIJE ZIFASHISHA IBISIGAZWA BY’IBIKOMOKA KU BIMERA

Ubuyobozi bw’Akarere n’ Umuftanyabikorwa AVSI Rwanda, bafunguye ku mugaragro ibikorwa byo gukora Imbabura zitangiza ibidukikije na burikete…

Read more →

Minisitiri Dr Valentine Uwamariya yasabye buri wese kwamagana abatoneka imitima y'abanyarwanda bapfobya Jenoside

Abaturage barimo n'abize barasabwa kwirinda ingengabitekerezo ya jenoside no kwamagana kandi bakima amatwi abagipfobya jenoside yakorewe abatutsi. Ni…

Read more →

HARASABWA KO UBUHAMYA, AMAJWI N’AMASHUSHO BIKORWA MU GIHE CYO KWIBUKA BIBIKWA MU NZU Y’AMATEKA YA JENOSIDE.

Ubuyobozi bw’Umuryango Uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, butangaza ko usibye kwigisha amateka ya Jenoside, inzu…

Read more →

RUHANGO: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mayaga mu yahoze ari Komini Ntongwe, ubu ni mu Murenge wa Kinazi Ntongwe, barishimira kuba imirimo yo kubaka inzu y’amateka basabye igihe kinini yaratangiye kubakwa.

Abarundi bavugwaho ubugome ndengakamere kuko uretse no kwica, bararenze bakajya basatura Abatutsi bishe bakotsa imitima yabo ku mbabura bakayirya,…

Read more →

Ruhango: Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu Mayaga bavuga ko impunzi z’Abarundi zishe Abatutsi zikotsa ibice bimwe by’imibiri yabo.

Ibi abarokotse Jenoside babivuze ubwo hibukwaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 igikorwa cyabereye mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka…

Read more →

ABAYOBOZI BATANDUKANYE MU KARERE BITABIRIYE UMUGOROBA WO KWIBUKA

Kuwa 19 Werurwe 202,  habaye umugoroba w'ikiriyo mu rwego rwo Kwibuka 31 Jenoside yakorewe Abatutsi ku Mayaga ya Kinazi na Ntongwe ahahoze ari muri…

Read more →

Menya uko Uturere dukurikirana mu kugabanya ubukene mu gihe cy'imyka 7 ishize

Ubushakashatsi bwakozwe n'Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), bwagragaje ko Akarere ka Ruhango kari ku mwanya wa 7 mu kugabanya…

Read more →

RUHANGO: ABATURAGE BARISHIMIRA GAHUNDA YA BURI WAKABIRI BASHYIRIWEHO

Buri wakabiri abaturage baturutse mu Mirenge itandukanye bishimira ko bakirwa n’Abagize Komite Nyobozi y’Akarere, aho kuva saa 10:00 AM kugeza saa…

Read more →

Imirenge itanu yahize indi ku Rugerero rw’ Inkomezabigwi12 mu Karere yashimiwe

Imiremnge ikurikirana mu burryo bukurikira

1. Ntongwe 

2.Kinazi 
3.Byimana 
4.Bweramana 

5. Ruhango 

 Intore zari ku rugerero zakoze ibikorwa…

Read more →