Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…
Abagize Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda – Umutwe wa Sena, ari bo Hon. UWERA Pelagie na Hon. Dr Charles MURIGANDE, bari kumwe n’umukozi w’Inteko…
Ubuyobozi bw’Akarere buratangaza ko amarushanwa Umurenge Kagame Cup, azakomeza kugira uruhare mu kurwanya akarengane, umuturage agakomeza guhabwa…
Kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, mu Karere ka Ruhango habaye ubukangurambaga bugamije gushishikariza aborozi n’abahinzi, kwitabira gahunda ya Leta…
Mu Karere habaye inteko z’abaturage zigamije gukomeza kwegera abaturage no kubagezaho ubutumwa bugamije iterambere n’imibereho myiza. Guverineri…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buratangaza ko ibikorwa by’Ingenzi byakozwe mu mwaka wa 2025, bishingiye ku nkingi eshatu za Guverinoma, bizatuma…
Abaturage b’Akarere mu Mirenge itandukanye baraye bizihije Noheli mu gitaramo cy’ibyishimo, ndetse kinakomeza n’ubundi ku mugoroba wa Noheli…
Umuturage Nyabyenda Jean Bosco, utuye mu Kagari ka Nyamagana, Umurenge wa Ruhango, yashyikirijwe inzu nshya yubakiwe ku bufatanye bw’Ubuyobozi…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwakoze ubugenzuzi bw’isuku mu Mirenge ya Ruhango, Ntongwe na Kinazi, bugamije kureba uko amabwiriza y’isuku n’isukura…