UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Abafata Uburinganire nk'ubwiganzure bw’umugore ku mugabo basabwe kubwumva uko buri

Uburinganire si ubwiganzure bw’umugore ku mugabo. Ubu ni bumwe mu butumwa bwahawe abitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo…
Read more →

Ubufatanye bw’abagabo n’abagore: isoko y’amahoro n’inkingi y’iterambere mu miryango

Gushyira hamwe, gufatanya no gufashanya kw’abagabo n’abagore mu miryango ni isoko y’amahoro n’inkingi y’iterambere ry’imiryango n’Igihugu muri…
Read more →

Gukoresha inyogeramusaruro, kubahiriza ibipimo mu gutera no guterera igihe ngo bituma umuhinzi abona umusaruro mwiza

Abahinzi barakangurirwa kwihutisha ibikorwa byo gutegura imirima no gutera imbuto muri iki gihembwe cy’ihinga 2020 A, guca ukubiri n’ubuhinzi…
Read more →

Abageze mu zabukuru barashima Leta yabahaye inkunga y’ingoboka

Kimwe n’ahandi hose mu Gihugu, ku cyumweru tariki ya 6 Ukwakira 2019 mu Mirenge yose igize Akarere habaye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga…
Read more →

Umunsi mpuzamahanga wa mwarimu waranzwe no guhemba no gushimira abarimu b’indashyikirwa

Kimwe n’ahandi hose mu gihihugu, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05 Ukwakira 2019 mu Miremge yose igize Akarere ka Ruhango hizihijwe umunsi…
Read more →

Barasabwa gukemura bwangu ibibangamira ireme ry’uburezi kandi bafitiye ubushobozi bwo gukemura

Gushyira imbaraga mu gusura imiryango no kuyishishikariza gukangurira abana kudata no kudasiba ishuri, gushyira imbaraga mu gusura abarimu, gutanga…
Read more →

Mu gutangiza ukwezi ko kuzirikana Ubumwe n’Ubwiyunge hibukijwe ko kuba umwe ari amahitamo y’Abanyarwanda

Ku wa kabiri tariki ya 01 Ukwakira 2019 mu Gihugu hose hatangijwe ukwezi ko kuzirikana ku bumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda. Gutangiza uku kwezi…
Read more →

Ibyaranze umuganda rusange w’ukwezi kwa Nzeri 2019 mu Karere ka Ruhango

Mu Mirenge igize Akarere ka Ruhango Umuganda rusange w’ukwezi kwa Nzeri 2019 waranzwe no gufata neza ibikorwa remezo ndetse n’ibikorwa byo gukemura…
Read more →

Hakenewe ubufatanye bw’abantu bose n’ubw’inzego mu gukumira no kurwaya ihohoterwa

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ni ikibazo gikomeye, kukirwanya bikaba bisaba ubufatanye bwa buri muntu wese, n’ubw’inzego zose.
Read more →