UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Barashishikarizwa gushyira mu bikorwa ingamba zose zo kwirinda ikwira ry’ubwandu bwa Sida

Abantu bose baributswa guhora bazirikana ko Sida ntaho yagiye, igihe cyose bakitwararika gushyira mu bikorwa ingamba zo kwirinda kwandura no…
Read more →

Barashima ibyo bakesha Umushinga ugamije kuzamura imibereho y’abafite ubumuga binyuze mu matsinda yo kugobokana, kuzigama no kugurizanya

Abagenerwabikorwa b’Umushinga ugamije kuzamura imibereho y’abafite ubumuga binyuze mu matsinda yo kugobokana, kuzigama no kugurizanya ukaba ushyirwa…
Read more →

Imiryango 16 y'abatishoboye yahawe inzu mu Mudugudu w'ikitegererezo wa miliyoni zisaga 200

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019 Umuyobozi w'Akarere yafunguye ku mugaragaro amazu yubakiwe imiryango 16 y'abatishoboye…
Read more →

Amazu 10 y’abatishoboye, ibikoni n’ubwiherero byayo: kimwe mu bizakorwa n’urugerero rw’Akarere ruciye ingando

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25 Gicurasi 2019 nibwo hatangijwe ku mugaragaro Urugerero rw’Akarere ruciye ingando. Mu bizakorwa n’uru rugerero…
Read more →

Imibiri 161 y'Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yashyinguwe cyubahiro mu Rwibutso rw’Akarere ruherereye mu Murenge wa Ruhango

Ku wa gatandatu tariki 18 Gicurasi 2019 imibiri 161 y’Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yashyinguwe mu cyubahiro mu Rwibutso rw’Akarere…
Read more →

Abayobozi bakanguriwe kutarangarana abaturage, no kurushako kubegera kugira ngo babakemurire ibibazo

Abayobozi mu nzego z’ibanze barakangurirwa gucika burundu ku ngeso yo kurangarana abaturage, bagashishikarizwa kurushaho kubegera, kubakemurira…
Read more →

Abanyeshuri n’abarezi basobanuriwe uburyo bwiza bwo kugenda mu muhanda

Igikorwa cyo gusobanurira abanyeshuri n’abarezi babo uburyo bwo kugenda mu muhanda kiri muri gahunda y’ubukangurambaga bwo kwirinda impanuka zo mu…
Read more →

Icyumweru cy’Umujyanama: Igihe cyo gushyira mu bikorwa ibyo Abajyanama bemereye abaturage mu gihe cyo kwiyamamaza

Ku wa kabiri ya 14 Abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango batangiye igihe kizamara ibyumweru bibiri cyiswe “Icyumweru cy’Umujyanama”, aho…
Read more →

Abahuguwe kuri Gahunda y’Ubwizigame bw’Igihe kirekire barasabwa guharanira ko iyi gahunda yitabirwa kandi igakora neza

Abahagarariye ibyiciro binyuranye n’abashinzwe imibereho myiza n’iterambere mu Tugali 59 tugize Akarere ka Ruhango bahuguwe kuri Gahunda y’Ubwizigame…
Read more →