UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

abafite ubumuga mu KARERE BIYEMEJE GUKOMEZA KWITINYUKA BAKORA IBIKORWA BIBATEZA IMBERE

Mu Inteko rusange y'inama y'igihugu y'abantu bafite ubumuga mu Karere aho yayobowe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Harebwe imikorere y'amakoperative…

Read more →

INTUMWA ZA RUBANDA ZIJE GUSURA ABATURAGE NO KUREBA UKO BAHABWA SERIVISI MU NZEGO ZITANDUKANYE

Itsinda ry'Abadepite riyobowe na Hon. GIHANA Donatha (TL) na Hon. ICYIZANYE Masozera ryakiriwe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Ni uruzinduko rw'akazi rugamije…

Read more →

urubyiruko rwize imyuga rwiyemeje kubyaza umusaruro ibikoresho rwahawe

NGO yitwa ZOE RWANDA yatanze ibikoresho by'imyuga ku rubyiruko 42 rwo mu Murenge wa Byimana rwize imyuga ariko bakaba batari bafite ubushobozi bwo…

Read more →

GS MBUYE IGIYE KUVUGURURWA NDETSE HUBAKWE N'INYUBAKO ZIGEZWEHO KUBUFATANYE NA ONG Amitié AM sand-Amizero

Ubuyobozi bw'Akarere bwakiriye itsinda rya ONG yitwa Amitié AM sand-Amizero y'abantu baturuka mu Gihugu cya Luxembourg, basanzwe bafite ibikorwa mu…

Read more →

RUHANGO: ABAHINZI BA KAWA BARABYINIRA KU RUKOMA

Bamwe mu bahinzi ba kawa bo mu Mirenge itandukanye barishimira ko sizeni yagenze neza ubu  mu gihe kitarenze amezi atatu babonye mafaranga yikubye…

Read more →

ABAGIZE URUGAGA RW'ABIKORERA BIBUTSE KU NSHURO YA 31 ABAHOZE BIKORERA MU KARERE HOSE

Abagize PSF mu Karere bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, hibukwa by'umwihariko abahoze bikorera mu Karere hose. Byabereye ku Rwibutso…

Read more →

INTWAZA ZO MU RUGO RW’IMPINGANZIMA RW’AKARERE KA HUYE ZANYUZWE N’IBIGANIRO ZAGIRANYE N’ABABASUYE BATANDUKANYE

Ubuyobozi bw'Akarere buri kumwe n'Abagore bahagarariye abandi basuye Intwaza zo mu rugo rw'Impinganzima ruri muri Huye District/ Mukura sector. Ni…

Read more →

AMADINI N’AMATORERO ARASABWA KUGIRA URUHARE MU GUSOBANURIRA ABAYOBOKE BABO UKO BAGIRA UBUZIMA BWIZA

Kuri uyu wa 14 bGicurasi 2025 habaye amahugurwa ku ruhare rw'imiryango ishingiye ku myemerere mu kurwanya no kwirinda ibyorezo mu Karere. Ni…

Read more →

ABAGORE, ABANA N’ABAPASITERI BIBUTSWE KU NSHRO YA 31

Mu Murenge wa Bweramana hibutswe ku nshuro ya 31 abagore, abana n'abahize ari apapasiteri n'imiryango yabo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi  Ni…

Read more →