Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…
Mu Inteko rusange y'inama y'igihugu y'abantu bafite ubumuga mu Karere aho yayobowe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Harebwe imikorere y'amakoperative…
Itsinda ry'Abadepite riyobowe na Hon. GIHANA Donatha (TL) na Hon. ICYIZANYE Masozera ryakiriwe n'Ubuyobozi bw'Akarere. Ni uruzinduko rw'akazi rugamije…
NGO yitwa ZOE RWANDA yatanze ibikoresho by'imyuga ku rubyiruko 42 rwo mu Murenge wa Byimana rwize imyuga ariko bakaba batari bafite ubushobozi bwo…
Ubuyobozi bw'Akarere bwakiriye itsinda rya ONG yitwa Amitié AM sand-Amizero y'abantu baturuka mu Gihugu cya Luxembourg, basanzwe bafite ibikorwa mu…
Bamwe mu bahinzi ba kawa bo mu Mirenge itandukanye barishimira ko sizeni yagenze neza ubu mu gihe kitarenze amezi atatu babonye mafaranga yikubye…
Abagize PSF mu Karere bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, hibukwa by'umwihariko abahoze bikorera mu Karere hose. Byabereye ku Rwibutso…
Ubuyobozi bw'Akarere buri kumwe n'Abagore bahagarariye abandi basuye Intwaza zo mu rugo rw'Impinganzima ruri muri Huye District/ Mukura sector. Ni…
Kuri uyu wa 14 bGicurasi 2025 habaye amahugurwa ku ruhare rw'imiryango ishingiye ku myemerere mu kurwanya no kwirinda ibyorezo mu Karere. Ni…
Mu Murenge wa Bweramana hibutswe ku nshuro ya 31 abagore, abana n'abahize ari apapasiteri n'imiryango yabo bazize Jenoside yakorewe Abatutsi Ni…