UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

Mu muganda rusange wa Nyakanga abaturage bakanguriwe kurwanya imirire mibi n’igwigira mu bana

Nk'uko bisanzwe, mu Gihugu cyacu umunsi wa gatandatu wa nyuma wa buri kwezi wahariwe umuganda rusange. Abaturage n'abayobozi mu ngeri zose bakaba…
Read more →

Kabagali: Hatashywe ikiraro cy’abanyamaguru (footbridge) gifite agaciro ka miliyoni 53

Iki kiraro gitashywe nyuma gato yo kugezwaho amazi n’amashanyarazi bari barategereje igihe kitari gito, bamwe ndetse bakemeza ko kubona ibyo bikorwa…
Read more →

Ngo kumenya itegeko rihana ihohoterwa rishingiye ku gitsina byazafasha kurikumira

Ibi byumvikana mu myanzuro y’inama nyunguranabitekerezo ku kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina yabereye muri Eden Palace Hotel kuri uyu wa…
Read more →

Kabagali: Hatashywe umuyoboro w’amazi meza watwaye akayabo ka miriyoni zikabakaba 500

Ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 16 Nyakanga 2019 nibwo umuyoboro wa Muhama-Nzuki watashywe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Intara y’Amajyepfo, CG…
Read more →

Ntongwe: Imiryango 20 y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi yashyikirijwe inzu

Imiryango 20 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 batagiraga aho kuba n’abari bafite inzu zishaje cyane kandi batishoboye…
Read more →

Abarimu 19 bigisha mu mashuri abanza n’ayisumbuye babaye indashyikirwa bagabiwe

Abarimu bagabiwe ni batanu (5)babaye indashyikirwa mu mwaka wa 2016 na 14 bo mu wa 2017. Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa kane tariki ya 11 Nyakanga…
Read more →

Kwibohora 25: Abaturage bo mu Kabagali barishimira ko Umurenge wose wabonye amashanyarazi

Kuri uyu munsi mu Rwanda twizihiza isabukuru y’imyaka 25 u Rwanda rumaze rwibohoye, abaturage b’Akarere ka Ruhango baratangaza ko hari ibyiza byinshi…
Read more →

Abagore bakennye baremewe barahamya ko inkunga bahawe izabafasha gusezera ku bukene

Abaremewe ni abagore 17 bakennye bo mu Mirenge yose igize Akarere; buri wese akaba yarahawe inkunga y’amafaranga 100.000 yo gushyira mu bikorwa…
Read more →

Inkomezabigwi VII basabwe kudatezuka ku muco w’ubutore no kuba umusemburo w’impinduka nziza

Nk’uko bisanzwe, mu Rwanda hose umunsi wa gatandatu wa nyuma wa buri kwezi wahariwe umuganda rusange. Abayobozi ku nzego zose bafatanya n’abaturage mu…
Read more →