UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

RUHANGO: bishimira gahunda bashyiriweho ibafasha kubona ibisubizo vuba

Gahunda ya Komite Nyobozi  yo kwegera no gukemura ibibazo by'abaturage buri wa kabiri by'umwihariko imaze gufasha abaturage benshi kubona ubujyanama…

Read more →

Ruhango: Amarushanwa mu midugudu yazamuye ibipimo by’akarere

Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens yasabye abayobozi mu nzego zose guharanira kuba ingirakamaro, ndetse abibutsa gukora cyane; hagamijwe…

Read more →

MENYA UKO UTURERE DUKURIKIRANA MU RWANDA GUTANGGA SERIVISI Z'IREMBO KUBATURAGE UMWAKA WA 2024/2025

Ubushakahatsi bwakozwe n'ikigo gitanga serivisi z'ikoranabuhanga mu Rwanda ‘Irembo’ bugaragaza uko uturere twesheje umuhigo mu guha serivisi abaturage…

Read more →

RUHANGO: ABASAGA IBIHUMBI 11 BATANGIYE IBIZAMINI BISOZA AMASHURI YISUMBUYE

Mu Karere hose hatangijwe  ibizamini bisoza amashuri yisumbuye, ku rwego ryw'Akarere bitangirizwa mu Murenge wa Ruhango kuri ES Ruhango. 

Ubuyobozi…

Read more →

ubuyobozi bw'AKARERE BWAKIRIYE ITSINDA RY'ABAKOZI BA NISR BAJE GUSUZUMA IBYAGEZWEHO/ IMIHIGO Y'UMWAKA W 2024/2025

Hatangiye igikorwa cyo gusuzuma  Imihigo yumwaka wa 2024/20225 mu Karere. Ni igikorwa kiri gukorwa n'Itsinda ry'abakozi ba NISR kizamara iminsi itatu…

Read more →

Byimana: BAKIRIYE UMUVUNYI MUKURU WUNGIRIJE

Umuvunyi wungirije ushinzwe kuwanya ruswa, Dr Abbas Mukama  yifatanije n’Ubuyobozi bw'Akarere n'inzego zitandukanye  ndetse n’abaturage mu Nteko. Iki…

Read more →

Ruhango: bishimira umuyoboro w'amazi wuzuye uzahaza abarenga ibihumbi 10000

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango buvuga ko bwubatse umuyoboro ugamije guha amazi abarenga ibihumbi 10.

Uyu muyoboro w’amazi mushya wuzuye wubatswe…

Read more →

Ruhango: nyuma y'imyaka 31, abaturage bakomeje kwishimira ibikorwaremezo begerejwe

Mu gihe u Rwanda ruri mu birori by’isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 31, abatuye mu Karere ka Ruhango bishimira ko bibohoye ndetse begerejwe amazi…

Read more →

Abafatanyabikorwa biteguye kuziba icyuho cy’inkunga yahagaritswe

Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere ka Ruhango JADF, baratangaza ko biteguye kugira uruhare mu kuziba icyuho cy’inkunga z’amahanga…

Read more →