UMUYOBOZI W’AKARERE YASEZERANYIJE BYEMEWE N’AMATEGEKO IMIRYANGO 268 YO MU MIRENGE 9 YABANGA MU BURYO BUTEMWE

Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…

Read more →

UBUTUMIRE

Read more →

Ruhango: Abashoramari basabwe kwihutisha ishoramari rigezweho mu rwego rwo guteza imbere Umujyi wa Ruhango

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwagiranye inama nyunguranabitekerezo n'abashoramari batandukanye hagamijwe kongera ishoramari no kwihutisha…

Read more →

Kinihira: Hunamiwe ku nshuro ya 32 Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa mu mugezi wa Nyabarongo

Kuri iki cyumweru 07 Kamena 2026 mu Murenge wa Kinihira, Akagari ka Bweramvura mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo kunamira no guha agaciro…

Read more →

Ikawa yinjirije abaturage b’Akarere arenga miliyari 2 Frw mu mezi atatu

Igihingwa cy’ikawa gikomeje kuba inkingi y’iterambere ry’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, aho cyinjirije abahinzi amafaranga arenga miliyari 2…

Read more →

Ruhango yegukanye ibikombe bibiri mu Mikino ya nyuma y'Amashuri Kagame Cup 2026

Akarere ka Ruhango kongeye kwigaragaza mu rwego rw'imikino y'amashuri, nyuma y'uko amakipe yari agahagarariye yitwaye neza mu mikino ya nyuma ya…

Read more →

Mu Murenge wa Mbuye hibutswe ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, hashyingurwa imibiri 3 yabonetse vuba

Kuri uyu wa 31 Gicurasi 2026, mu Murenge wa Mbuye habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyabereye ku Rwibutso rwa…

Read more →

Abaturage b’Umurenge wa Mbuye basabwe gukomeza kugira uruhare mu bikorwa by’iterambere no kubungabunga ibyagezweho

Kuri uyu wa 30 Gicurasi 2026, abaturage b’Umurenge wa Mbuye bifatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, Abadepite Hon. Tumukunde Gasatura Hope na…

Read more →

Abatuye Umurenge wa Mbuye bahuriye mu Mugoroba w’Ikiriyo mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku wa 30 Gicurasi 2026, abaturage b’Umurenge wa Mbuye, abayobozi n’inshuti zaturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu bahuriye ku Rwibutso rwa Jenoside…

Read more →

Abadepite basuye ibikorwa by’ubuhinzi n’iterambere mu Karere ka Ruhango

Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Hon. Tumukunde Gasatura Hope na Hon. Ndoriyobijya Emmanuel, bari gusura ibikorwa by'ubuhinzi mu…

Read more →