Bamwe mu bagize imiryango yo mu Karere ka Ruhango yabanaga itarasezeranye, baravuga ko gusezerana mu mategeko bigiye kubafasha gukorera hamwe bagamije…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwagiranye inama nyunguranabitekerezo n'abashoramari batandukanye hagamijwe kongera ishoramari no kwihutisha…
Kuri iki cyumweru 07 Kamena 2026 mu Murenge wa Kinihira, Akagari ka Bweramvura mu Karere ka Ruhango habereye igikorwa cyo kunamira no guha agaciro…
Igihingwa cy’ikawa gikomeje kuba inkingi y’iterambere ry’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, aho cyinjirije abahinzi amafaranga arenga miliyari 2…
Akarere ka Ruhango kongeye kwigaragaza mu rwego rw'imikino y'amashuri, nyuma y'uko amakipe yari agahagarariye yitwaye neza mu mikino ya nyuma ya…
Kuri uyu wa 31 Gicurasi 2026, mu Murenge wa Mbuye habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyabereye ku Rwibutso rwa…
Kuri uyu wa 30 Gicurasi 2026, abaturage b’Umurenge wa Mbuye bifatanyije n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, Abadepite Hon. Tumukunde Gasatura Hope na…
Ku wa 30 Gicurasi 2026, abaturage b’Umurenge wa Mbuye, abayobozi n’inshuti zaturutse mu bice bitandukanye by’Igihugu bahuriye ku Rwibutso rwa Jenoside…
Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Hon. Tumukunde Gasatura Hope na Hon. Ndoriyobijya Emmanuel, bari gusura ibikorwa by'ubuhinzi mu…